Umunsi.com
Umunsi.com Entertainment , Health and Social Life through Education. Tubagezaho amakuru atandukanye agezweho umunsi ku munsi.
Uzahasanga amakuru y’Uburezi acukumbuye , Imyidagaduro, imikono , Ubuzima , Urukundo n’ayandi. Dukoresha imbuga zitandukanye twamamaza ibintu byawe ( Instagram yacu , Twitter, Facebook,..) ibintu byawe bikamenyekana mu gihe gito. Dufasha Campany yawe kugira imbuga nkoranyambaga zayo bwite.
18/06/2026
Caleb Yirenkyi yaciye agahigo ko kuba Umukinnyi utsindiye igitego Ghana mu minota ya nyuma.
Ni igitego yatsinze ku munota wa 5' w'inyongera ubwo Ghana yahuraga na Panama.
Cristiano Ronaldo yavugirijwe induru n'abafana baririmba izina "Lionel Messi" ubwo yasohokaga mu Kibuga nyuma yo kunganga.
Ni nyuma y'aho hari amakuru avuga ko abafana ba Portugal batangiye kumwinubira kubera ko adaheruka gutsinda igitego na kimwe mu mikino mpuzamahanga ikipe ye ikina.
AMASHUSHO 🚨 Uko Abanyekongo bakiriye igitego cyo kwishyura mu mukino wa Mbere w'igikombe cy'Isi bahuriyemo na Portugal ya Cristiano Ronaldo.
AMASHUSHO 🚨 Antoine Felix Tshisekedi Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu byishimo byinshi yagaragaje ko ashyigikiye ikipe y'Igihugu cye nyuma yo gutsinda igitego cyo kwishyura.
Portugal na DRC bagiye kuruhuka igice cya Mbere ari 1:1.
🎥 Uwimana Clarisse
17/06/2026
Kugeza ubu ikipe ya Portugal niyo ikomeje kuyobora umukino gusa na DRC irimo gushaka uko yinjira mu mukino neza dore ko ifite abakinnyi bakomeye.
17/06/2026
Ku munota wa 32 ikipe ya Portugal yamaze gutsinda igitego cya Mbere DRC cyatsinzwe na J. Neves ku munota wa 6' w'umukino
17/06/2026
Garagaza uko umukino wa Leopards na Portugal urangira utsindire igihembo cya UMUNSI.COM
Banza ukore share kuri iyi post , usige Numero yawe n'amazina ayibaruyeho.
N.B : Turafata umwe watanze abandi
17/06/2026
AMAFOTO 🚨 Ku mukino w'igikombe cy'Isi waraye ubaye umugore wa Lionel Messi, Antonella Roccuzzo n'abana babo bari baje gushyigikira Messi mu mukino wa mbero wo mu itsinda J, aho yafashije Argentine gutsinda Algérie ibitego 3-0.
Messi yatangaje ko ari iby'agaciro kuba batangiye irushanwa batsinda, agaragaza ko uwo mukino wari ukomeye.
17/06/2026
Rodrigo de Paul , yatangaje ko Lionel Messi agera kuri byinshi kandi atari mu ihangana ryo guca uduhigo cyangwa ngo abe ahangana n'uwo ari we wese.
Yagize ati:"Munyizere rwose , Messi ntabwo azi uduhigo arimo guca. Ndarahira ko atarimo guhirimbanira kwesa uduhigo tw'uwo ari we wese, ariko birangira aduciye".
Haaland yatunguye n'imyitwarire ya Lionel Messi watsinze ibitego 3 wenyine mu mukino w'igikombe cy'Isi wahuje Argentine na Algeria.
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Website
Address
Rubavu
NONE