liveupdates.com
get more news with liveupdates.com
16/05/2016
http://kigalishowz.com/?igitangaza-nyuma-yo-kubyara-umwana-agapfa-oprah-winfrey-aratwite-ku-myaka-61
Igitangaza:Nyuma yo kubyara umwana agapfa oprah winfrey aratwite ku myaka 61 Oprah Winfrey ni umuherwekazi uzwi muri leta z’unze ubumwe z’amerika kubera ibiganiro akora kuri television. Umutungo we ubarirwa mu mu ma billion(3) y’ama dollar tuvuze ko ari mubagore bafite agatubutse sitwaba tubeshye.
16/05/2016
Nubwo intambara zayogoje umugabane w’africa ubu uhagarariwe n’igihugu kimwe mu bifite igipolisi... Africa ni umwe mu migabane igize isi ya rurema. Ni umwe mu migabane urangwamo intambara zidashira zishingiye Ku bwumvikane buke hagati y’abaturage Ku ngingo zimwe na zimwe ndetse na bimwe mu Bantu benshi bita umwiryane kubera kwikunda n’ibindi byinshi.
21/04/2016
Gospel:arankunda ya Gaby kamanzi imwe muri video(videwo) zizashimisha abakunzi b’indirimbo... Umuhanzikazi Gaby Irene Kamanzi uzwi na benshi mu ndirimbo zihimbaza Imana kubw’amavuta,impano n’ubuhanga byuje ibihangano bye. Gaby afite Impano yo guhimbaza imana bigakora benshi Ku mutima/ photo internet Yamenyekanye mu ndirimbo nka amahoro ,losambo (bisobanuye amasengesho) yakoranye numwe mu bas…
yitandukanyije na tuff gangz none nayo ishobora gusenyuka http://kigalishowz.com/?yitandukanyije-na-tuff-gangz-none-nayo-ishobora-gusenyuka
03/04/2016
nyuma y’igihe kinini anti christo ikorera mu bwihisho yashyizwe hanze n’umuhanzi knowless
http://kigalishowz.com/?nyuma-y-igihe-kinini-anti-christo-ikorera-mu-bwihisho-yashyizwe-hanze-n
kigalishowz.com Abantu benshi bajya bibaza kuri anti christo benshi muzi Ku izina rya illuminati bibaza ngo ibaho niba ibaho se ikorera he ninde basenga n’ibindi bibazo byinshi byerekeye illumunati murabisanga muri iyi nkuru.
14/03/2016
nyuma y'impaka ndende kuri diamond n'umwana we Tiffah dangote DNA yashyize hanze ukuri
http://kigalishowz.com/?nyuma-y-amagambo-menshi-kuri-diamond-n-umwana-we-tiffah-dangote-dna-ishize
kigalishowz.com diamond Impaka zari nyinshi ku mwana zari hussein umugore w’umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki wa tanzania(bongo flavor) nka diamond platinumz havugwa ko atari umwana wa diamond ako nyuma y’impaka ndende DNA test yagaragaje ukuri.
in ur lyf don't forget 3 kind of people:
*the one who put u in difficult tym
*the one who left u from ur difficult tym
*the one who helped/removed u from difficult tym!!
Congo 2-1 Rwanda ntako batagize kabisaa makinstry bamuhe igihe
Ariko chry wanjye numwana mwiza koko......
Ubwo mukanya yampamagaye ahita ambwira
ati'waje ukansura ko numva nkukumbuye'
Nti'chry nukuri ubu nibwo mach igiye gutangira
kandi ngomba kuyireba ntago kuza byashoboka....
Ati'chry undutisha umupira....ubu niho ngiye
kumenyera icyo uha agaciro gusa niba uha
umupira agaciro kundusha birambabaza kandi
turanashwana.....
Ubwo ndiyumvira ho gato ubundi mpita
ndamubwira nti'basi se waretse nkabitekerezaho
iminota 90 nkahita nkuha igisubizo....
Chry ati'ubwo nyuma yiminota 90 urahita
umbwira niba uza kunsura cg niba uhitamo
kureba umupira...
Nti'ntakibazo'
Ubwo iminota 90 ishize mach irangiye ya arsenal
na chelsea mpise
muhamagara ndamubwira nti'mbitekerejeho
nsanga ntakurutisha umupira pe'
Chry ati'ntiwumva c erega umpa agaciro
ndabizi......ngwino unsure dore haranakonje....'
Ubu tayali ndi kujyayo.
ese ni iyihe kipe ifite abafana benshi? andika
umubare uhagarariye iyo ufana turebe izirenze..
1. ARSENAL
2. CHELSEA
3. LIVERPOOL
4. MAN.UTD
5. MAN.CITY
6. LEISTER CITY
7. SPURS
Abasazi mu kigo bari barwariyemo biyemeje
gushinga ishuri,nuko bemeza ko bazajya bigira
munsi y’igiti.Bucyeye baje kwiga basanga hari
mugenzi wabo wicaye hejuru mu
giti.Bamubajije impamvu yicaye hejuru mu
giti,arabasubiza ati njye nimutse,ubu niga muri
HIGH SCHOOL.
Ubwo mukanya nari nagiye gusura chry
wanjye....
Nari mfite phone ye iri muri silent mode......
Ubwo ngiye kubona mbona call ariko ndebye
mbona
handitseho City plaza.....
Sinabyitaho numvako ubwo ari nkumuntu
baziranye
uhakora...
Hashize akanya haza indi call ndebye mbona ni
"Qweenz land house'
Nkibibona nabyo sinabyitaho cyane....
Hashize akanya haza indi call mbona handitseho
'grand pension plaza'
Hashize akanya mbona haje indi call handitseho
ngo'City tower'
Ubwo mpita mvumbura ko agenda yandika kuma
number yabantu bitewe numuntu lever ariho
akamugeranya ninzu runaka bitewe nuko
amufata...
Ubwo chry wanjye yarari ahagana hirya.....
Mpita ngira amatsiko yuko yanditse kuri number
yanjye...
Mpita nandika number zanjye...ngo nibipe.....
Ariko natangajwe no gusanga kuri number yanjye
yaranditseho ngo 'W.C'
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Telephone
Website
Address
Kigali
0784021024