Mideli Rwanda
๐๐๐ฐ๐๐ง๐๐๐ง ๐ฌ๐จ๐๐ข๐๐ฅ ๐ฆ๐๐๐ข๐ ๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ and ๐๐ง๐ญ๐๐ซ๐ญ๐๐ข๐ง๐ฆ๐๐ง๐ญ ๐ฑ๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ท๐ผ๐
๐The Best ๐น๐๐๐๐
๐๐ Promoter ๐๐๐๐๐๏ธ๐คฉ
๐ฒDM ๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐จ๐ซ ๐๐ฎ๐ฌ๐ข๐ง๐๐ฌ๐ฌ๐ฉ
19/04/2026
โช๏ธ๐ดIkibazo ni Mikel Arteta cyangwa ikibazo ni abakinnyi??
Ese biracyashoboka ko Arsenal yakwegukana PL cg cyagiye??
Tuganireโฆ
Rate JaySqueezerโs verse ...%???
A.SALHA, B.SIBLINGS, C.AEL, D.AMOLA๐ท๐ผ๐ค????
๐จ ๐๐๐๐๐๐๐! Umuhanzi Kevin Kade yamaze kugera muri Uganda aho aza gutaramira muri Uganda ku wa 17 Mata 2026 uyu munsi, akivayo akazahita yitegura kwerekeza i Burayi mu bitaramo azahakorera muri Gicurasi 2026.๐บ๐ฌ๐ท๐ผ
Mu bitaramo byโi Burayi kugeza ubu amaze gutangaza ikizabera mu Budage ahitwa Hannover ku wa 16 Gicurasi 2026, icyakora akaba afite nโibindi birimo ibizabera mu Bufaransa, muri Pologne nโahandi hanyuranye.
Mubutsa ko kandi muri Kamena 2026, Kevin Kade azasubira i Kigali atangire imyiteguro yโibitaramo bya โMTN Iwacu Muzika Festivalโ azasoza ku wa 1 Kanama 2026 ahita asubira mu bindi bizabera i Burayi.
ยฉMideliRwanda
โฆ๐๐ก๐จ ๐ฆ๐ข๐ฌ๐ฌ๐๐ฌ ๐๐๐ ๐จ ๐๐จ๐ง๐๐๐ญ ๐๐ฌ ๐ฆ๐ฎ๐๐ก ๐๐ฌ ๐ ๐๐จ???๐
โYeah Already know my people outta there ya Dem call me yago the bad boy shuttle kula Believer champion monster conquerer for real the teacher the preacher conductor vi****or Mr dreams the top baddest the top connecter the true monster the true hustler the humble man the most unusual guy! The motivator the extravaganzaโ
โI live the life I love and I love the life I live... The top shutter number one,...โ
๐จ ๐๐๐๐๐๐๐! Iradukunda Grace Divine wamamaye ku izina rya Deejay Ira, arashinja Abarundi kumurakarira, kumutuka ndetse no kumutera ubwoba nyuma yo gusaba ubwenegihugu bwu Rwanda.๐๐ง๐ฎ
โNone se nyuma yโumwaka wose muracyafite uburakari? Muracyantuka, muracyantera ubwoba. Njye kugeza nโubu sinumva ikibazo gihari. Reka tuganire gato.โ
โBirashoboka ko naricecekeye mukagira ngo mfite isoni zโicyo nasabye, ko nahatiwe, cyangwa ko ntishimiye ubwenegihugu nasabye. Oya, siko bimeze.โ
โDore uko ibintu biri; U Burundi bwemera ubwenegihugu bubiri, Gusaba ubwenegihugu bwโu Rwanda ni kimwe no kuba nasaba ubwโAmerika, Canada nโibindi... Ariko kubera ko ari ubwenegihugu bwโu Rwanda, byahise biba ikibazo.โ
โMumenye ko mwamenye DJ Ira kubera u Rwanda nโakazi nkora. Natangiriye mu Rwanda, nahabonye amahirwe (platform), batitaye ku kuba ndi umunyamahanga. Nโaho ngeze ubu, sinatinya kuvuga ko byatewe nโImana nโu Rwanda gusa birumvikana kandi ko nakoze cyane.โ
โBityo rero, nari mfite impamvu nyinshi zo gusaba ubwenegihugu bwโu Rwanda.โ
โNtabwo rero ikibazo kiri kuri njye, ahubwo ni urwango mufitiye u Rwanda. Njye nta kintu kidasanzwe nakoze. Gusaba ubwenegihugu ntibivuze kwihakana igihugu cyawe.โ~Deejay Iraโs statement.
ยฉMideliRwanda
๐จ ๐๐๐๐๐๐๐๐๐! Ubwo Perezida Paul Kagame yageraga kuri Kintรฉlรฉ Stadium ahabereye ibirori byโirahira Perezida Denis Sassou Nguesso watsinze amatora yโumukuru wโlgihugu, aho yahuriye kandi nโUmukuru wโigihugu cya Burundi.๐ท๐ผ๐ง๐ฎ๐ค
Perezida Sassou Nguesso wโimyaka 82 yageze ku butegetsi mu 1979. lyi Manda nshya ya gatanu yatsinze izarangira mu 2031.
Perezida Kagame kimwe nโabandi bakuru bโibihugu bitandukanye bashimiye mugenzi wabo ku tsinzi yabonye ndetse banitabira ibi birori byโirahira rye ryabaye kuri uyu wa 16 Mata 2026.
ยฉMideliRwanda
15/04/2026
๐จ ๐๐
๐
๐๐๐๐๐! All the teams sponsored by โ๐ฝ๐๐๐๐ ๐น๐๐๐๐
๐โ are set to meet in the Champions League semi-finals this year.๐ท๐ผ๐
That also means the final will feature one of themโand one will go on to win it.
Semi-Final,
๐ดโช๏ธArsenal Vs Atletical Madrid๐ดโช๏ธ
โช๏ธ๐ดBayern Munich Vs Paris Saint Germainโช๏ธ๐ต
๐จ ๐๐๐๐๐๐๐๐! Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika byโumwihariko mu yโIburasirazuba, yateguje igitaramo kizabera i Kigali ku wa 29 Kanama 2026.
Iki gitaramo kiri mu byo uyu muhanzi agiye gukorera mu bihugu binyuranye yise โRetro Tourโ. Azahera i Mwanza muri Tanzania ku wa 25 Mata 2026, akomereze muri Dodoma na Mbeya.
Ibi bitaramo azabikomereza muri Uganda ku wa 5 Kamena 2026, akomereze muri Maroc, asubire muri Tanzania mu bice bya Arusha na Tarime mbere yโuko agera mu Rwanda ku wa 29 Kanama 2026.
Nyuma yo kuva mu Rwanda, Diamond azakomereza ibitaramo bye muri Zambia mbere yo guca i Dar es Salaam agakomereza muri Australia.
Uretse kuba ari umwe mu bahanzi bakomeye, Diamond, anashimwa nโabahanzi bo mu Rwanda barimo Mico The Best, The Ben na Bruce Melodie bose bakoranye indirimbo.
Diamond ni umwe mu bahanzi bakunze gutumirwa i Kigali abakunzi bโumuziki bakamwakirana urugwiro kuva mu 2015 ubwo yahataramiraga bwa mbere.
Diamond yaherukaga gutaramira i Kigali mu 2023 aho yataramiye abari bitabiriye igitaramo cya โTrace Awardsโ nโicya โGiants of Africaโ cyabaye muri uwo mwaka.
ยฉMideliRwanda
#๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ท๐ผ๐ฏ๏ธ Abahanzi bazazenguruka igihugu mubitaramo bya MTN Iwacu na Muzika festival byโuyu mwaka, basoje kunamira abazize Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 baruhukiye mu Rwibutso rwโabazize jenocide yakorewe abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro.
Abahanzi bazaririmba muri ibi bitaramo byโuyu mwaka ni Kevin Kade, Davis D, Kenny Sol, Bushali, Marina Deborah, Rosskana ndetse na Chriss Eazy.
Ibi bitaramo bizatangira ku wa 20 Kamena 2026 bikarangira ku wa 1 Kanama 2026, bizaca mu Mijyi nka Huye, Ngoma, Nyagatare, Karongi, Muhanga, Musanze na Rubavu.
ยฉMideliRwanda
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Address
Kigali