Mideli Rwanda

Mideli Rwanda

Share

๐Ÿ”˜๐‘๐ฐ๐š๐ง๐๐š๐ง ๐ฌ๐จ๐œ๐ข๐š๐ฅ ๐ฆ๐ž๐๐ข๐š ๐’‘๐’†๐’“๐’”๐’๐’๐’‚๐’๐’Š๐’•๐’š and ๐„๐ง๐ญ๐ž๐ซ๐ญ๐š๐ข๐ง๐ฆ๐ž๐ง๐ญ ๐‘ฑ๐’๐’–๐’“๐’๐’‚๐’๐’Š๐’”๐’•๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐ŸŽˆ
๐Ÿ”˜The Best ๐‘น๐’˜๐’‚๐’๐’…๐’‚๐’ Promoter ๐Ÿ๐ŸŽ๐Ÿ๐Ÿ”๐Ÿ—ž๏ธ๐Ÿคฉ
๐Ÿ“ฒDM ๐ŸŽ๐Ÿ•๐Ÿ–๐Ÿ”๐Ÿ๐Ÿ“๐Ÿ–๐Ÿ’๐Ÿ’๐Ÿ• ๐Ÿ๐จ๐ซ ๐๐ฎ๐ฌ๐ข๐ง๐ž๐ฌ๐ฌ๐Ÿ“ฉ

Photos from Mideli Rwanda's post 19/04/2026

โšช๏ธ๐Ÿ”ดIkibazo ni Mikel Arteta cyangwa ikibazo ni abakinnyi??

Ese biracyashoboka ko Arsenal yakwegukana PL cg cyagiye??

Tuganireโ€ฆ

19/04/2026

Rate JaySqueezerโ€™s verse ...%???

17/04/2026

A.SALHA, B.SIBLINGS, C.AEL, D.AMOLA๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿค????

17/04/2026

๐Ÿšจ ๐”๐๐ƒ๐€๐“๐„๐’! Umuhanzi Kevin Kade yamaze kugera muri Uganda aho aza gutaramira muri Uganda ku wa 17 Mata 2026 uyu munsi, akivayo akazahita yitegura kwerekeza i Burayi mu bitaramo azahakorera muri Gicurasi 2026.๐Ÿ‡บ๐Ÿ‡ฌ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ

Mu bitaramo byโ€™i Burayi kugeza ubu amaze gutangaza ikizabera mu Budage ahitwa Hannover ku wa 16 Gicurasi 2026, icyakora akaba afite nโ€™ibindi birimo ibizabera mu Bufaransa, muri Pologne nโ€™ahandi hanyuranye.

Mubutsa ko kandi muri Kamena 2026, Kevin Kade azasubira i Kigali atangire imyiteguro yโ€™ibitaramo bya โ€˜MTN Iwacu Muzika Festivalโ€™ azasoza ku wa 1 Kanama 2026 ahita asubira mu bindi bizabera i Burayi.

ยฉMideliRwanda

17/04/2026

โ€ฆ๐–๐ก๐จ ๐ฆ๐ข๐ฌ๐ฌ๐ž๐ฌ ๐˜๐š๐ ๐จ ๐๐จ๐ง๐๐š๐ญ ๐š๐ฌ ๐ฆ๐ฎ๐œ๐ก ๐š๐ฌ ๐ˆ ๐๐จ???๐Ÿ˜

โ€œYeah Already know my people outta there ya Dem call me yago the bad boy shuttle kula Believer champion monster conquerer for real the teacher the preacher conductor vi****or Mr dreams the top baddest the top connecter the true monster the true hustler the humble man the most unusual guy! The motivator the extravaganzaโ€

โ€œI live the life I love and I love the life I live... The top shutter number one,...โ€

16/04/2026

๐Ÿšจ ๐”๐๐ƒ๐€๐“๐„๐’! Iradukunda Grace Divine wamamaye ku izina rya Deejay Ira, arashinja Abarundi kumurakarira, kumutuka ndetse no kumutera ubwoba nyuma yo gusaba ubwenegihugu bwu Rwanda.๐Ÿ‘€๐Ÿ‡ง๐Ÿ‡ฎ

โ€œNone se nyuma yโ€™umwaka wose muracyafite uburakari? Muracyantuka, muracyantera ubwoba. Njye kugeza nโ€™ubu sinumva ikibazo gihari. Reka tuganire gato.โ€

โ€œBirashoboka ko naricecekeye mukagira ngo mfite isoni zโ€™icyo nasabye, ko nahatiwe, cyangwa ko ntishimiye ubwenegihugu nasabye. Oya, siko bimeze.โ€

โ€œDore uko ibintu biri; U Burundi bwemera ubwenegihugu bubiri, Gusaba ubwenegihugu bwโ€™u Rwanda ni kimwe no kuba nasaba ubwโ€™Amerika, Canada nโ€™ibindi... Ariko kubera ko ari ubwenegihugu bwโ€™u Rwanda, byahise biba ikibazo.โ€

โ€œMumenye ko mwamenye DJ Ira kubera u Rwanda nโ€™akazi nkora. Natangiriye mu Rwanda, nahabonye amahirwe (platform), batitaye ku kuba ndi umunyamahanga. Nโ€™aho ngeze ubu, sinatinya kuvuga ko byatewe nโ€™Imana nโ€™u Rwanda gusa birumvikana kandi ko nakoze cyane.โ€

โ€œBityo rero, nari mfite impamvu nyinshi zo gusaba ubwenegihugu bwโ€™u Rwanda.โ€

โ€œNtabwo rero ikibazo kiri kuri njye, ahubwo ni urwango mufitiye u Rwanda. Njye nta kintu kidasanzwe nakoze. Gusaba ubwenegihugu ntibivuze kwihakana igihugu cyawe.โ€~Deejay Iraโ€™s statement.

ยฉMideliRwanda

16/04/2026

๐Ÿšจ ๐€๐Œ๐€๐’๐‡๐”๐’๐‡๐Ž! Ubwo Perezida Paul Kagame yageraga kuri Kintรฉlรฉ Stadium ahabereye ibirori byโ€™irahira Perezida Denis Sassou Nguesso watsinze amatora yโ€™umukuru wโ€™lgihugu, aho yahuriye kandi nโ€™Umukuru wโ€™igihugu cya Burundi.๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ‡ง๐Ÿ‡ฎ๐Ÿค

Perezida Sassou Nguesso wโ€™imyaka 82 yageze ku butegetsi mu 1979. lyi Manda nshya ya gatanu yatsinze izarangira mu 2031.

Perezida Kagame kimwe nโ€™abandi bakuru bโ€™ibihugu bitandukanye bashimiye mugenzi wabo ku tsinzi yabonye ndetse banitabira ibi birori byโ€™irahira rye ryabaye kuri uyu wa 16 Mata 2026.

ยฉMideliRwanda

Photos from Mideli Rwanda's post 15/04/2026

๐Ÿšจ ๐Ž๐…๐…๐ˆ๐‚๐ˆ๐€๐‹! All the teams sponsored by โ€œ๐‘ฝ๐’Š๐’”๐’Š๐’• ๐‘น๐’˜๐’‚๐’๐’…๐’‚โ€ are set to meet in the Champions League semi-finals this year.๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ†

That also means the final will feature one of themโ€”and one will go on to win it.

Semi-Final,

๐Ÿ”ดโšช๏ธArsenal Vs Atletical Madrid๐Ÿ”ดโšช๏ธ
โšช๏ธ๐Ÿ”ดBayern Munich Vs Paris Saint Germainโšช๏ธ๐Ÿ”ต

15/04/2026

๐Ÿšจ ๐‘๐„๐•๐„๐€๐‹๐„๐ƒ! Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika byโ€™umwihariko mu yโ€™Iburasirazuba, yateguje igitaramo kizabera i Kigali ku wa 29 Kanama 2026.

Iki gitaramo kiri mu byo uyu muhanzi agiye gukorera mu bihugu binyuranye yise โ€˜Retro Tourโ€™. Azahera i Mwanza muri Tanzania ku wa 25 Mata 2026, akomereze muri Dodoma na Mbeya.

Ibi bitaramo azabikomereza muri Uganda ku wa 5 Kamena 2026, akomereze muri Maroc, asubire muri Tanzania mu bice bya Arusha na Tarime mbere yโ€™uko agera mu Rwanda ku wa 29 Kanama 2026.

Nyuma yo kuva mu Rwanda, Diamond azakomereza ibitaramo bye muri Zambia mbere yo guca i Dar es Salaam agakomereza muri Australia.

Uretse kuba ari umwe mu bahanzi bakomeye, Diamond, anashimwa nโ€™abahanzi bo mu Rwanda barimo Mico The Best, The Ben na Bruce Melodie bose bakoranye indirimbo.

Diamond ni umwe mu bahanzi bakunze gutumirwa i Kigali abakunzi bโ€™umuziki bakamwakirana urugwiro kuva mu 2015 ubwo yahataramiraga bwa mbere.

Diamond yaherukaga gutaramira i Kigali mu 2023 aho yataramiye abari bitabiriye igitaramo cya โ€˜Trace Awardsโ€™ nโ€™icya โ€˜Giants of Africaโ€™ cyabaye muri uwo mwaka.

ยฉMideliRwanda

14/04/2026

#๐Š๐–๐ˆ๐๐”๐Š๐€๐Ÿ‘๐Ÿ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ•ฏ๏ธ Abahanzi bazazenguruka igihugu mubitaramo bya MTN Iwacu na Muzika festival byโ€™uyu mwaka, basoje kunamira abazize Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 baruhukiye mu Rwibutso rwโ€™abazize jenocide yakorewe abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro.

Abahanzi bazaririmba muri ibi bitaramo byโ€™uyu mwaka ni Kevin Kade, Davis D, Kenny Sol, Bushali, Marina Deborah, Rosskana ndetse na Chriss Eazy.

Ibi bitaramo bizatangira ku wa 20 Kamena 2026 bikarangira ku wa 1 Kanama 2026, bizaca mu Mijyi nka Huye, Ngoma, Nyagatare, Karongi, Muhanga, Musanze na Rubavu.

ยฉMideliRwanda

Want your business to be the top-listed Photography Service in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Address


Kigali