AM Show
Turamenyesha abatsindira amafranga binyuze mu mukino wacu ko bagomba gukurikiza aya mabwiriza:
1. Telephone niba itakubaruyeho uduhe amazina ibaruyeho.
Kohereza amazina yawe na numero ya telefone ubinyujije kuri page ya amshow (Inbox muri message).
2.
17/07/2025
Kuki uwari PS Regis Uwayezu arumye gihwa agataruka?kuki Adel Amourche arikubyina izamataha? This is the Official YouTube Channel of Big Television Network. Rwanda's leading informative and Business News TV Station.FTA 04 - Canal+ 388 - StarTimes 106...
08/06/2025
https://vm.tiktok.com/ZMSABWpkG/ This post is shared via TikTok Lite. Download TikTok Lite to enjoy more posts: https://www.tiktok.com/tiktoklite
Niba ushaka gukurikira whatsapp channel kanda hano hasi:
Follow the AM SHOW channel on WhatsApp:
20/02/2024
https://www.youtube.com/watch?v=R-Tn6swBs2s
Prophet Joshua arigutanga akayabo ka amafaranga // ariko ino nshuro yatanze amainite. Prophet Joshua arigutanga akayabo ka amafaranga // ariko ino nshuro yatanze amainite.
11/12/2023
Abantu murangura ibikoresho bitandukanye muri musabwe kwitonda igihe muhitamo companies z'ubwikorezi kuko harimo izifite imikorere mibi iganisha ku bwambuzi bukorerwa umukiliya. Mu minsi mike nzabasangiza bimwe mu byo mugomba kwitondera kugirango mutagwa mu bibazo. Abandi mwatumije ibintu ntibibageraho muduhe experience yanyu.
06/12/2023
Kicukiro: Bavuga ko abafungirwa Transit Center i Gikondo ahazwi nko kwa Kabuga bahava ari intere-Amashusho
Bamwe mu baturage bahajyanwe kuhagororerwa ariko nyuma bagataha, bavuga ko imibereho y'abariyo iteye inkeke kubera ukuntu baf👉https://btnrwanda.com/news-details?nid=1187/Kicukiro--Bavuga-ko-abafungirwa-Transit-Center-i-Gikondo-ahazwi-nko-kwa-Kabuga-bahava-ari-intere-Amashusho
08/08/2023
I have reached 6.5K followers! Thank you for your continued support. I could not have done it without each of you. 🙏🤗🎉
Mukomere cyane. Turabashimira abakomeza gukurikira ikiganiro cyacu. Ese n’izihe nzozi wimva wifuza kugeraho muri iki gihe cy’umwaka gisigaye? Ukeneye iki cyatuma inzozi zawe ziba impamo?
Tuganire.
Dukomeze dukangukire kwizigamira no kurushaho gushaka ubumenyi mu buryo bwo kwihangira imirimo. Abatsinze uyu munsi mu mukino wacu turabashimiye cyane.
Uwatwaye mwnshi uyu munsi ni Simeon Ndishyutse atuye Masaka ariko akomoka ku Kabacuzi mu ntara y’amajyepfo.
Namwe mukomeze mukino ari nako duhugurana ku ngingo zo gukora ibizana inyungu n‘agaciro ku twese.
Abakurikiye ikiganiro cya AM SHOW ku wa mbere turabasuhuje cyane. Abakeneye kohereza CV zirebana na experience mufite mu kazi kugirango murebe niba mwabona trainings cg akazi muri Canada mwohereze kuri [email protected] or [email protected]
Murakoze
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Website
Address
Kigali