Computer Technology Tips

Computer Technology Tips

Share

All about information

16/05/2022

年領股利2 0 0萬,元大金獲利長紅祕訣:只要會這樣做,3年帳戶數字變5倍。

15/05/2022

2022最強金融股是這幾檔!存股達人揭勝率80%的超強心法,「存對股」才能賺到錢。

10/12/2016

-UBURYO WAREBA AHO TELEPHONE YAWE YAKOREWE NIBA ARI ORGNAL cg PIRATE-
-------------------------------------------------------

Ubu buryo buroroshye cyane,wowe ukurikize amabwiriza;
Andika nk’ugiye guhamagara * #06 # muri
telephone yawe!, urahita ubona icyo bita
IMEI number zigizwe n’imibare 15! cg se
ukareba inyuma kuri mobile yawe hamwe
hajya battery(urabonaho imibare 15 nk’uko
twabivuze hejuru)!
Niba telephone yawe ijyamo simcard ebyiri,
urabona imibare 15 ya 1 na 15 ya 2,
gusa ntiwigore ukoreshe umwe muri iyo ibiri.
IMEI number za telephone
yawe uzahita uzibona!
numara kuyibona turi bwifashishe umubare
wa 7 n’uwa 8 muri iyo yose 15!
Urugero; IMEI 154025★★9500854
UBWO AHO NASHYIZE ★★ NIHO URI BUREBE!
NIBA RERO USANZE BIMEZE GUTYA:

*umubare wa 7 n’uwa 8 muri iyo IMEI ari
02 cyangwa 20 ubwo iraba ari ubwoko bubi
cyane, yateranyirijwe muri leta ya UAE

*umubare wa 7 n’uwa 8 ari 03 cyangwa 30
cyangwa 04 cyangwa se 40, bivuze ko
yakorewe mu bu shinwa (CHINA) gusa ni
ubwoko bwiza ariko bidahambaye nka 00, 01
cyangwa 10!

*ari 05 cyangwa 50 ; ubwo yakorewe muri
BRAZIL, U.S.A, cyangwa FINLAND

*ari 06 cyangwa 60 ubwo yakorewe muri
HONG KONG, CHINA, cyangwa MEXICO!

*ari 08 cyangwa 80 bivuze ko yakorewe mu
budage (GERMAN) kandi ni ubwoko budafite
icyo butwaye!

*Ari 01 cyangwa 10 ; ubwo yakorewe muri
FINLAND kandi ni ubwoko bwiza pe!

*Ari 00 nibwo bwoko bwiza bwa telephone mobile; ni ubwa mbere! Izi ziba zarakorewe mu bufaransa!


SHYIRAHO COMMENT UTUBWIRE UKO UBIBONYE!!

Mu Rwanda ikibaho n’ikaye mu mashuri bigiye gusimburwa na mudasobwa 08/11/2016

--ESE BIRASHOBOKA KO MU RWANDA IKIBAHO N’IKAYE MU MASHURI BIGIYE GUSIMBURWA NA MUDASOBWA--

Soma inkuru irambuye hano

http://www.umuseke.rw/mu-rwanda-ikibaho-nikaye-mu-mashuri-bigiye-gusimburwa-na-mudasobwa.html

Mu Rwanda ikibaho n’ikaye mu mashuri bigiye gusimburwa na mudasobwa Umuyobozi ushinzwe kuvugira Sosiyete ASI-D yiyemeje gukwirakwize mudasobwa zikorerwa mu Rwanda mu mashuri yose yisumbuye, Theodore Ntalindwa yavuze ko intego yo gukora ibizamini bya Leta binyuze mu…

25/10/2016

=IBYO WAMENYA KURI INTERENT GENERATION=
----------------------------------------------------------------

Ubundi iriya G ibanzirizwa n’imibare ivuga Generation iba ishaka nko kugaragaza urukurikirane rw’ikoranabuhanga rya Internet idakeneye umugozi (Wireless).

Mu 1982 nibwo 1G yavumbuwe, urubuga what’s a G ruvuga ko iri zina ritakunze gukoreshwa mu kugaragaza Internet idakoresha umugozi kugeza ubwo 2G yazaga ari nabwo iri koranabuhanga ryavuye mu buryo bwa “analogue” zigatangira gukoresha uburyo bwa “digital”.

Nyuma ya buri myaka 10 1G ishyizwe hanze, hagiye haza izindi aho kuri ubu itegerejwe ari 5G, zose zikaba zitandukaniye ku bintu bitandukanye birimo n’umuvuduko zikoresha mu gufungura ikintu kuri Internet cyangwa kukivanaho(download).

1G (1st Generation)
---------------------------

Nk’uko twabivuze haruguru, izina 1G ntiryakunze gukoreshwa cyane kugeza ubwo 2G yashyirwaga ahagaragara.

1G niryo koranabuhanga rya mbere ryakoreshejwe muri telefoni zigendanwa aho icyabashaga gukorwa ari uguhamagara gusa, icyo gihe kandi hari hagikoreshwa uburyo bwa analog kugira ngo amajwi abashe kugera kubari kugirana ikiganiro binyuze ku munara.

2G (2nd Generation)
----------------------------

Hagati ya 1991 na 1992 nibwo 2G yashyizwe ahagaragara, ari nabwo iyayibanjirije yahise itangira guhabwa izina rya 1G.

Mu gihe 1G yatumaga abantu babasha guhamagarana bakoresheje telefoni zigendanwa, 2G yo yaje yongeramo utundi dushya turimo kuba umuntu yakohereza ubutumwa bugufi (sms), kohererezanya ubutumwa burimo amashusho n’amafoto(multimedia messages) kandi byose bigakorwa mu buryo uwo byohererejwe ari we gusa ubasha kubibona.

3G (3rd Generation)
----------------------------

3G yaje ikemura byinshi mu bibazo 2G itari yarabashije gukemura aho abantu batangiye kubasha guhamagarana barebana(video calls), kureba Televiziyo bakoresheje telefone zabo.

Iki gihe ni na bwo smartphone zatangiye kwiyongera ari na ko hagenda havuka porogaramu nyinshi za telefoni zidufasha gukora ibintu bitandukanye birimo gukura amashusho kuri internet, kuyasangiza abandi, kohererezanya e-mail, kumenya aho umuntu aherereye(Global System positioning, GPS) ndetse n’ibindi byinshi.

Ikoranabuhanga rya 3G twavuga ko ari na ryo rikoreshwa cyane n’abafite telefoni zigendanwa mu Rwanda n’ahandi henshi hirya no hino ku isi.

Gushyira cyangwa gukura ikintu kuri Internet ukoresheje 3G bitwara Mb 2 ku isegonda.

4G (4th Generation)
----------------------------

Nubwo 3G igikoreshwa kuri ubu abantu barashishikarizwa gukoresha 4G, zombi zitandukanyijwe n’umuvuduko mu gukura cyangwa gushyira ikintu kuri Internet.

Umuvuduko wa 4G uri hagati ya Mb 100 na Gb 1 ku isegonda, ari na yo mpamvu abantu bavuga ko yihuta cyane.

Kugeza ubu ariko 4G ntiramara gukorwa neza ku buryo yagera ku ntego zayo z’umuvuduko wa Gb 1 ku isegonda.

Niyo mpamvu habaye hashyizwe ahagaragara iyo bita 4GLTE (Long Term Evolution) bishatse kugaragaza ko hari ibikivugururwa,ikazitwa 4G gusa ari uko byose byarangiye ikagera ku ntego zayo.

Mu gihe 4G ubwayo itararangira kandi hatangiye kuvugwa 5G (5th Generation) yitezweho gukora ibintu bitandukanye ku muvuduko uri hagati ya Gb1-10 ku isegonda.

Ikigo Mpuzamahanga cy’Ikoranabuhanga mu Itumanaho (ITU) nicyo cyemeza ko Internet idakoresha umugozi yujuje ibisabwa kugira ngo ishyirwe mu cyiciro runaka.

Photos 04/09/2016

:)
_____________________________

is an American multinational technology company specializing in Internet-related services and products that include online advertising technologies, search, cloud computing, and software.

: September 4, 1998, Menlo Park, California, United States
: Mountain View, California, United States
: Sundar Pichai (Oct 2, 2015–)
: Larry Page, Sergey Brin
: YouTube, Nik Software, AdMob, ITA Software, More
games: Tilt Brush, Google Lively

Umwihariko udasanzwe mu birori by’imideli y’ibwami mu Rwanda rwo hambere (Amafoto) 03/09/2016

http://www.igihe.com/imyidagaduro/imideli/article/umwihariko-udasanzwe-mu-birori-by-imideli-y-ibwami-mu-rwanda-rwo-hambere

Umwihariko udasanzwe mu birori by’imideli y’ibwami mu Rwanda rwo hambere (Amafoto) Abanyamideli 90 biganjemo abagore n’inkumi bo mu cyaro mu Karere ka Musanze baserutse mu birori by’imideli igaragaza ishusho nyakuri y’ubuzima bw’Abanyarwanda hambere igihugu kigitwarwa n’abami.

01/08/2016

Feelings Are Just Visitors,Let Them Come And Go

Photos 19/07/2016

Girls be careful

22/06/2016

Move your cursor on Like and Press You..

01/01/2016

"Happy New Year 2016!!!! "

Want your business to be the top-listed Media Company in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Telephone

Address


Kigali
00000