Exobe Ministries
Exobe ministries
Ni ministère y'ivugabitumwa
Mw'Ijambo
Indirimbo
N'ibikorwa
Twifuza ko abantu b'
11/03/2020
Turashima Imana ko gahunda ya le1/3/2020 yo gutora abayobozi bashya ba Exobe yagenze neza.
24/12/2019
Muri we ni mo ubutunzi bwose bw'ubwenge no kumenya bwahishwe.
(Abakolosayi 2:3)
mushoreye imizi muri we kandi mwubatswe muri we, mukomejwe no kwizera nk'uko mwigishijwe, mufite ishimwe ryinshi risesekaye.
(Abakolosayi 2:7)
Muratumiwe le22/12/2019 saakenda zamanywa hafi ya Rwandex Coopedu tuzaterana Exobe&Blg dushime Imana kubwo kubana natwe muri uyumwaka turi gusoza.mwese muratumiwe
22/11/2019
Ni cyo gituma tudasiba kubasabira uhereye igihe twabyumviye, twifuza ko mwuzuzwa ubwenge bwose bw'Umwuka no kumenya kose ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka,
(Abakolosayi 1:9)
Overnight on 27th July 2018
Preacher:HAKIZIMANA Onesphore
TOPIC:UKIRANUKA AZABESHWAHO NO KWIZERA
ROM1:17
kuko muri bwo(UBUTUMWA BWIZA)ari na mo gukiranuka kuva ku Mana guhishurirwa, guheshwa no kwizera kugakomezwa na ko, nk'uko byanditswe ngo “Ukiranuka azabeshwaho no kwizera!”
*Kumvira Imana ni Ukubaho nkuko Imana Ishaka mbese uhaza amarangamutima yayo.
Imana yashyizeho amategeko ngo akurikizwe ariko birananirana kuko yaravuze iti nusitara kuri rimwe uzaba yose uyacumuyeho
(YAKOBO2:10).
mbese byarananiranye kugeza Ubwo Imana itangira kubona Umuntu yiremeye ameze gutya:
1.Yuzuye ubugome.
2.Umutwe wose urarwaye.
3.Umuntu umutima we wararabye.
4.Ntahazima uhereye kubworo bw'ikirenge kugeza k'umutwe.
5.Yuzuye Inguma, imibyimba n'ibisebe binuka ndetse bitanakanzwe.
Yesaya1:5-6
Abonye ko bimeze bityo aravugango muze tujye Inama naho ibyaha byatukura tukutuku mbasha kubyeza.
Yesaya1:18
Imana yaranukirwaga n'Ibyaha by 'Ubwoko bwayo uribaza niba abo yitoranirije b'abisiraheli yarababonaga gutyo banuka; twebwe abanyamahaga twayinukira bigezehe????niyo mpamvu yavuze ngo muze tujye Inama kuko Bitabaye ibyo Umujinya wanjye uzabazaho.
Imana yifuzaga Umuntu wera k'Umategeko yose akaboneka ntakizinga kugirango abone Umugisha utayubahirije abe ikivume kdi Umujinyaa umuriho.abisiraheli bahise bayica akokanya bishakiye indi Mana.
(Matayo5:21-30)
Amategeko ni indorerwamo twireberamo tukibonamo ibibi tukabonako duteneye Yesu mbese akatubera umushorera utugeza kuri we niyo mpamvu tutayita mabi ahubwo nimeza turayakomeza.
(Rom3:31)
Rom3:20ntidutsindishirizwa n'imirimo itegetswe n'amategeko kuko niyo amenyekanisha icyaha.
Inkuru nziza Haleluaaa
Imana yayatanze ngo itwerekeko atabashakudukiza ahubwo dukeneye Umukiza ariwe Yesu impongano y'Ibyaha byacu;
niyo mpamvu Imana yishakiye igisubizo muri Kristo ngo Umwizera atazarimbuka ahubwo ahabwe Ubugingo buhoraho yohani 3:16.
ikindi avugako Umukiranutsi azabeshwaho no Kwizera Yesu gusa.
(Rom1:17)
ntakindi Dufite cyatubeshaho uretse Kwizera Yesu kuko nimo Gukiranuka kwagaragaye kuri Yesu gusa ngo Twemerwe n'Imana ntakintu nakimwe cyaribuzatume twemerwa n'Imana uretse Yesu gitambo cyanyuze Imana.
(YESAY53:1)NUKURI INTIMBA ZACU NIZOYISHYIZEHO IGIHANO KIDUHESHA AMAHORO CYARI KURI WE.
NB:kuba Imana yaraduhaye Yesu ngo Tumwizere ntibiduha uburenganzira bwo gukora ibyo dushatse.
ahubwo amategeko yayo yayanditse mumutima w'Umwizera.
ayakurikiza kubw'urukundo yakunzwe na Yesu si kugirango abone ubugingo.iki duhesha Ubugingo buhoraho ni ukumwizera Yesu.
Rom6:23 Impano twahawe ni Ubugingo buhoraho mucyimbo cy'Urupfu rw'Iteka.
Turi abana b'Imana kubwo Kwizera Yesu.
Turi abakiranutsi kubwo Kwizera Kristo twebwe ntitwarikubyiha ahubwo ni Yesu watumye twemerwa Imbere y'Imana.
IMANA ISHIMWE kubwa YESU UMUKIZA WACU!!!AMEN AMEN
U ARE BLESSED
01/08/2018
Turashima Imana nka Exobe and Blg, yadushoboje mu gikorwa cyo Gufasha Umubyeyi utishoboye kuwa 29/07/2018.Imana ibahe Umugisha mwese mwitanze ngo tumunezeze.
30/05/2018
Twatsindishirijwe no Kwizera Yesu Gusa.Dufite amahoro ku Mana Rom5:1
30/01/2018
Ubu butumire ni ubwawe
Nshuti zacu nabadukurikira hano bose
Turabasuhuje Imana ibishimire
Turabibutsako kucyumweru taliki ya 04/02/2018. Nka Exobe dufite igiterane "Impinduka izanwa nk kwizera Kristo" na Pastor Desire
twifuza kuzabana mo namwe mwese tumenyera hamwe uko Ubuzima bw'uwizeye Yesu koko buhenda burushaho guhinduka buba bwiza.
Tuzishimira kubabona tubonanye twese
Ni Karibu
"Ariko ndababwira ukuri yuko ikizagira icyo kibamarira ari uko ngenda, kuko nintagenda Umufasha atazaza aho muri, ariko ningenda nzamuboherereza.
John16:7
Imana ishimwe ko yasohoje Umugambi wayo!! Yesu n'Umwuka nibimwe kuko Umwuka wera ari muri twe ubwo ni na Yesu uri muri twe n'Imana ubwayo wowwww
Arihehe weee ari mumutima uwo Mwami nimwiza yitwa igitangaza umuziranenge Emmanuel Imana irikumwe natwe!!!!!
NICE SUNDAY
To trust in Jesus Bring changes on Your life
because if you trust in him means you invited and accepted him in your heart
Jesus is light and you can't keep Light and dark together, one comes where an other leaves
then if you are with him you must be like him, if you are not like him means you are not yet with him
let's read and know truly what the Word of God says about it
1YOH 1:5
1TES 5:5
2KOR 6:14
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Telephone
Website
Address
Gikondo
Kigali