Fiesta Rwanda

Fiesta Rwanda

Share

Fiesta Media Agency Ni Media house igiye kujya ikugezaho Amakuru meza y'imyidahaduro.

Mu mujyi hateguwe ibirori byo gusangira ku bantu bambaye ubusa gusa - Corridor Reports 29/04/2023

Mu mujyi hateguwe ibirori byo gusangira ku bantu bambaye ubusa gusa

Mu mujyi hateguwe ibirori byo gusangira ku bantu bambaye ubusa gusa - Corridor Reports Mu mujyi wa New York hateguwe ibirori byatunguye buri wese ndetse n’abaturanyi aho buri wese wabyitabiriye yagombaga kuza yambaye uko yavutse ni ukuvuga atambaye namba.Thank [...]

Ahabanza - Corridor Reports 29/04/2023

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Mata 2023 muri Blue Unity Bar iherereye i Gikondo hateganyijwe irushanwa ry’abakina Billard’ Carlsberg Pool table competition

Ahabanza - Corridor Reports  194 total views,  118 views today

Ibyo utabonye mu mukino Man City yaraye yihanije mo Arsenal bigatuma Haaland akora amateka muri Premier League - Corridor Report 27/04/2023

Ibyo utabonye mu mukino Man City yaraye yihanije mo Arsenal bigatuma Haaland akora amateka muri Premier League

Ibyo utabonye mu mukino Man City yaraye yihanije mo Arsenal bigatuma Haaland akora amateka muri Premier League - Corridor Report Manchester City yashyize igitutu kuri Arsenal nyuma yo kuyitsinda ibitego 4-1 mu mukino w’Umunsi wa 33 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League) [...]

U Rwanda rugiye gukora indangamuntu nshya irimo ikoranabuhanga aho bizaba atari ngombwa kuyigendana - Corridor Report 26/04/2023

Leta y’u Rwanda irateganya gutanga amakarita ndangamuntu mashya azaba akozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga umuntu azaba ashobora kugendana muri telefoni ye ku buryo bitazaba bikinari ngombwa kugendana ikarita iyi ifatika nk’uko byari bisanzwe.

U Rwanda rugiye gukora indangamuntu nshya irimo ikoranabuhanga aho bizaba atari ngombwa kuyigendana - Corridor Report Leta y’u Rwanda irateganya gutanga amakarita ndangamuntu mashya azaba akozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga umuntu azaba ashobora kugendana muri telefoni ye ku buryo bitazaba bikinari ngombwa [...]

Yezu Akuzwe: Indirimbo za Kiliziya Gatolika wa kumva utuje aka kanya | Kwitagatifuza 15/04/2023

Indirimbo wakumva utuje niba uri umukristu Gatolika

Yezu Akuzwe: Indirimbo za Kiliziya Gatolika wa kumva utuje aka kanya | Kwitagatifuza

Live: Igitambo cya Misa cy'umunsi mukuru wa Pasika | Katedrali ya Mutagatifu Mikayile i Kigali 09/04/2023

Live: Igitambo cya Misa cy'umunsi mukuru wa Pasika | Katedrali ya Mutagatifu Mikayile i Kigali

Live: Igitambo cya Misa cy'umunsi mukuru wa Pasika | Katedrali ya Mutagatifu Mikayile i Kigali

Mugire Pasika Nziza - Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda yifuriza abakristu 09/04/2023

Mugire Pasika Nziza - Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda yifuriza abakristu

Mugire Pasika Nziza - Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda yifuriza abakristu

Igitangaza Kirabaye: Harabandi bantu bagiye kugirwa abatangatifu mu Rwanda 24/03/2023

Igitangaza kirabaye, Nyirubutungane Papa Francis agiye gushyira abandi banyarwanda mu Rwego rw'Abatagatufu nyuma ya Daforoza na Rugamba

Igitangaza Kirabaye: Harabandi bantu bagiye kugirwa abatangatifu mu Rwanda

Nyuma ya Rugamba Sipiriyani na Daforoza hari abandi bagiye kugirwa abatagatifu mu Rwanda 23/03/2023

Nyuma ya Rugamba Sipiriyani na Daforoza hari abandi bagiye kugirwa abatagatifu mu Rwanda

Nyuma ya Rugamba Sipiriyani na Daforoza hari abandi bagiye kugirwa abatagatifu mu Rwanda Kuri uyu wa 23 Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, mukiganiro yagiranye n’Abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bya Kiliziya Gatolika mu Rwanda; yatangaje ko uretse Rugamba Sipiriyani na Daforoza ndetse n’abandi barikumwe kugeza ubu, hari abanda bari gutekerezwaho nabo ngo hatangirwe urug...

Papa Fransisiko yujuje imyaka 10 atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika - PacisPress.com 13/03/2023

Tariki 13 Werurwe 2013- Tariki 13 Werurwe 2023 imyaka ibaye 10 Papa Fransisiko atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi, asimbuye kuri iyi mirimo Papa Benedigito wa XVI uherutse kwitaba Imana.

Papa Fransisiko yujuje imyaka 10 atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika - PacisPress.com Tariki 13 Werurwe 2013- Tariki 13 Werurwe 2023 imyaka ibaye 10 Papa Fransisiko atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi, asimbuye kuri iyi mirimo Papa Benedigito wa XVI uherutse kwitaba Imana. Papa Fransisiko ni Papa wa 266 uyoboye Kiliziya Gatolika uhereye kuri Mutagatifu Petero Intumwa.....

13/03/2023

Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasobanuye ko impamvu u Rwanda rudatuza ku kibazo cy’impunzi n’abimukira ari uko abayobozi barwo nabo babaye impunzi bakaba basobanukiwe cyane icyo bivuze.
https://pacispress.com/impamvu-zituma-u-rwanda-rwemera-kwakira-abimukira-cardinal-kambanda/

12/03/2023

Papa Francis yakiriye Abepiskopi bo mu Fiesta Rwanda

Want your business to be the top-listed Media Company in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Telephone

Website

Address


Kigali
0250