OIPPA Rwanda

OIPPA Rwanda

Share

Organization for the Integration and Promotion of People with Albinism This is further exacerbated by prevailing social stigma and cultural attitudes.

Organization for Integration and Promotion of People with Albinism (OIPPA) was established as a civil society organization in July 2013 after intensive discussions with its members on the challenges faced by people with albinism in their daily life. There was the lack of social protection, a very low education level, discrimination in the community, stigma which results to poverty among people wit

Abafite ubumuga bifuza ko hajyaho umwihariko mu bijyenye no kwigishwa ubuzima bw’imyororokere - BUZIMA 05/05/2026

Abantu bose bakwiye kugira amakuru ku buzima bw'imyororokere, by'umwihariko abantu bafite ubumuga kuko bahura n'ibibazo by'uruhurirane! https://buzima.rw/abafite-ubumuga-bifuza-ko-hajyaho-umwihariko-mu-bijyenye-no-kwigishwa-ubuzima-bwimyororokere/ #

Abafite ubumuga bifuza ko hajyaho umwihariko mu bijyenye no kwigishwa ubuzima bw’imyororokere - BUZIMA Mu gihe Leta ikomeje gushyira imbaraga mu kwigisha urubyiruko ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, hari abafite ubumuga bagaragaza ko bo bitabageraho uko bikwiye bitewe n’ubumuga bafite, bakifuza ko hajyaho umwihariko kuri bo. Samuel (Izina ryahinduwe) , ni umwe mu rubyiruko rufite ubumuga bw....

Menya ukuri kutavugwa ku bafite ubumuga ku buzima bw'imyororokere ndetse n'amagambo abaca intege muri sosiyete 05/05/2026

Kugira ubumuga ntibivuze guhezwa kuri serivisi izo ari zo zose, cyane cyane iz'imyororokere!

Menya ukuri kutavugwa ku bafite ubumuga ku buzima bw'imyororokere ndetse n'amagambo abaca intege muri sosiyete Mu buzima, twese tuba dushaka ubuzima buzira umuze, gusa si ko iteka bigenda. Hari abavuka bafite ubumuga batabigizemo uruhare, abandi ubumuga bukazaza bakuze, ...

04/05/2026

We are pleased to announce the winners of the previously announced "Call for Entries around SRHR issues". They have successifully created content that resonnate with the given topics and they were asked to collect their rewards at OIPPA's offices not later than the 8th May 2026 at 12:00 PM during working days. The following are their names:

1. SENGA Robert (Isaniro Empire) - 1st winner
2. NIYIRORA Pierre Celestin (Buzima.rw) - 2nd winner
3. BAHIRE Emmanuel - 3rd winner

01/05/2026

Gutanga ubuhamya bw'ibyo waciyemo ndetse ukabyigobotora, ni ingirakamaro ku bandi kandi nawe bigufasha gukira ibikomere burundu!

30/04/2026

Umwangavu watwise ntakwiye gutereranwa cyangwa ngo avirweho inda imwe n'abo mu muryango we cyangwa umuryango mugari. Akwiye kurindwa ndetse agahabwa n'ubutabera akeneye mu gihe cya nyacyo.

Umuryango OIPPA winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda zitateguwe 29/04/2026

Umuryango OIPPA winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda ziterwa abangavu!

Umuryango OIPPA winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda zitateguwe Umuryango Nyarwanda w’Abantu bafite ubumuga bw’uruhu (OIPPA) winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda zitateguwe no gukundisha abakobwa kwishakamo ibisubizo aho kumva ko babitegereje ku babagusha mu b…

29/04/2026

Ntukihunze ubuyobozi bw'inzego z'ibanze mu gihe cyose ugize ikibazo cg hari serivisi ukeneye kandi utazi aho wayibona hafi yawe!

28/04/2026

Gerageza uganire n'abantu wizeyeho ubumenyi kandi batagushora!

27/04/2026

Nta muntu n'umwe ukwiye kwiheza ubwe cg guhezwa kuri serivisi z'ubuzima bw'imyororokere!

27/04/2026

Let's meet on X and discuss on the issues affecting teen mothers and other vulnerable youth. Everyone's contribution is essential to this matter.

Link: https://x.com/i/status/2048759935622578333

26/04/2026

Ababyeyi, abarimu n'abayobozi bakwiye gushyira imbaraga mu ruhare rwabo mu gushyigikira uburenganzira ku buzima bw'imyororokere bw'urubyiruko!

Want your organization to be the top-listed Non Profit Organization in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Address


KK 563 Street, 8
Kigali
250

Opening Hours

Monday 08:00 - 17:00
Tuesday 08:00 - 17:00
Wednesday 08:00 - 17:00
Thursday 08:00 - 17:00
Friday 08:00 - 17:00