RwandaChild
National Child Development Agency | NCD The Official Facebook Account of the National Child Development Agency in Rwanda
07/05/2026
Impamvu gutangira kwita ku mwana agize imyaka 10 ari uguta inyuma ya Huye Ikigo cyโIgihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) cyatangaje ko gushora mu mikurire yโumwana nta gihombo kirimo kuko ari inyungu ku muryango no ku gihugu, ariko gikebura ababyeyi batinda kubyitaho umwana akiri muto cyane kandi mu myaka yo hejuru bidatanga umusaruro.
06/05/2026
Today in Kigali, the Minister of Gender and Family Promotion, Uwimana Consolee presided a three-day global technical financing forum that aims at advancing sustainable financing for the early years, with a focus on health, nutrition, care, childcare, social protection, and early learning.
In her opening remarks, Minister Consolee emphasized the urgent need to increase investment in early childhood and to ensure the effective and efficient use of available resources to achieve maximum and sustainable impact for children.
Through presentation, expert-panel and deep discussions, participants from government representatives, influential leaders, investors, and development partners shared insights and expertise on strengthening investment in the early years.
Held under the theme โ๐๐ง๐ฏ๐๐ฌ๐ญ๐ข๐ง๐ ๐ข๐ง ๐ญ๐ก๐ ๐๐๐ซ๐ฅ๐ฒ ๐๐๐๐ซ๐ฌ: ๐ ๐๐ฅ๐จ๐๐๐ฅ ๐๐๐๐ก๐ง๐ข๐๐๐ฅ ๐
๐ข๐ง๐๐ง๐๐ข๐ง๐ ๐
๐จ๐ซ๐ฎ๐ฆ,โ the forum was organized and co-hosted by the Government of Rwanda, Early Childhood Development Action Network (ECDAN) and other partners.
06/05/2026
Today in Kigali, the Minister of Gender and Family Promotion, Uwimana Consolee presided the opening of a three-day global technical financing forum that aims at advancing sustainable financing for the early years, with a focus on health, nutrition, care, childcare, social protection, and early learning.
In her opening remarks, Minister Consolee emphasized the urgent need to increase investment in early childhood and to ensure the effective and efficient use of available resources to achieve maximum and sustainable impact for children.
Through presentation, expert-panel and deep discussions, participants from government representatives, influential leaders, investors, and development partners shared insights and expertise on strengthening investment in the early years.
Held under the theme โ๐๐ง๐ฏ๐๐ฌ๐ญ๐ข๐ง๐ ๐ข๐ง ๐ญ๐ก๐ ๐๐๐ซ๐ฅ๐ฒ ๐๐๐๐ซ๐ฌ: ๐ ๐๐ฅ๐จ๐๐๐ฅ ๐๐๐๐ก๐ง๐ข๐๐๐ฅ ๐
๐ข๐ง๐๐ง๐๐ข๐ง๐ ๐
๐จ๐ซ๐ฎ๐ฆ,โ the forum was organized and co-hosted by the Government of Rwanda, Early Childhood Development Action Network (ECDAN) and other partners.
05/05/2026
Investing in early childhood is a core development priority. At the starting tomorrow in Kigali, experts and decision makers are unpacking how to catalyze domestic financing and break down barriers to sustainable systems for children and caregivers.
Held under the theme โ๐๐ง๐ฏ๐๐ฌ๐ญ๐ข๐ง๐ ๐ข๐ง ๐ญ๐ก๐ ๐๐๐ซ๐ฅ๐ฒ ๐๐๐๐ซ๐ฌ: ๐ ๐๐ฅ๐จ๐๐๐ฅ ๐๐๐๐ก๐ง๐ข๐๐๐ฅ ๐
๐ข๐ง๐๐ง๐๐ข๐ง๐ ๐
๐จ๐ซ๐ฎ๐ฆ,โ this event convenes government representatives, influential leaders, investors, and development partners for a practical and systems-focused discussions on overcoming financing barriers and advancing innovative solutions to ensure children receive comprehensive and cross-sectoral services in their earliest years.
Join us to learn more: https://www.financingforum2026.com/
Global Technical Financing Forum: Act for Early Years Co-hosted by the Government of Rwanda, UNICEF, UNESCO, and AfECN. A technical discussion on overcoming barriers to early childhood financing.
28/04/2026
Abayobozi n'abakozi ba NCDA bifatanyije n'ab'izindi nzego zirimo Minisiteri n'Ibigo bikorera muri A&P Building mu gikorwa cyo cyabereye ku rwibutso rwa Jenoside yakorerwe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.
Mu kiganiro ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi, Ambasaderi Franรงois Ngarambe yasabye buri wese kwigisha abana n'urubyiruko mu buryo bukumira kandi burandura ingengabitekerezo ya jenoside, kwirinda urwango n'ivangura, bakazirikana kubaha uburenganzira n'ubuzima bwa buri wese.
Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango, Uwimana Consolee yavuze ko kwibuka ari umwanya mwiza wo gusubiza agaciro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi no gukomeza abayirokotse. Yongeyeho ko ari umwanya mwiza wo kongera gutekereza ku ngamba zo gukumira jenoside kugira ngo ntizongere kubaho ukundi.
08/04/2026
https://www.youtube.com/watch?v=HNRkbN3ROxU
Umwiherero w'abana NCDA yafashije kwiga binyuze muri "Tubarere Neza Project" Highlights from National Retreat of over 410 young graduates supported under NCDA's โTubarere Neza Projectโ implemented in partnership with Global Fund OVC P...
07/04/2026
lkigo cy'Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA), cyifatanyije n'Abanyarwanda ndetse nโIsi yose muri rusange kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Kwibuka twiyubaka.
27/03/2026
๐จ๐๐๐๐๐๐๐๐๐จ
Ikigo cyโIgihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) kiributsa abatuye Umujyi wa Kigali ko ku cyumweru tariki ya 29/03/2026, hateganyijwe amahugurwa yโabakozi bo mu rugo barera abana.
๐ผ๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐, ๐ฐ๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐!
21/03/2026
NCDA mu kongerera ubushobozi urubyiruko yafashije kwiga binyuze mu mushinga โTubarere Nezaโ, ushyirwa mu bikorwa ku bufatanye na Global Fund.
Ikigo cyโIgihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) cyahurije mu mwiherero urubyiruko rusaga 410, iki kigo cyafashije kwiga binyuze mu mushinga โTubarere Nezaโ, ushyirwa mu bikorwa ku bufatanye na Global Fund. Insanganyamatsiko yโuyu mwiherero igira iti โEjo ni Njye.โ
Uru rubyiruko rwarangije amashuri yisumbuye nโayโubumenyingiro mu mwaka wโamashuri wa 2023/2024 nโuwa 2024/2025. NCDA yabateguriye uyu mwiherero ku bufatanye na Plan International Rwanda, mu rwego rwo kubafasha kwinjira neza mu buzima bwa nyuma yโicyiciro cyโamasomo basoje. Muri uyu mwiherero, abakozi nโabayobozi bo mu nzego nโibigo bitandukanye bahaye uru rubyiruko ubumenyi bugamije kubafasha kwandika uwmirondoro (CV), kwitegura no kwitwara neza mu kiganiro cyโakazi, kwihangira imirimo, kugira icyerecyezo nโintego bihamye mu buzima, gukoresha neza imari no gukorana nโibigo byโimari no guhangana nโihungabana rishobora guterwa nโibibazo byo mu buzima busanzwe.
Umuyobozi Mukuru wungirije wa NCDA, Gilbert Munyemana, yagaragaje ko uyu mwiherero wateguwe mu gihe cyiza mu buzima bwโuru rubyiruko kuko ari igihe cyโimpinduka, aho basoje amashuri yisumbuye binjira mu buzima busanzwe, aho bashobora gukomeza kujya muri kaminuza cyangwa ku isoko ryโumurimo.
Yagize ati โIyo nta cyerekezo gihamye, intego cyangwa ubufasha buhamye buhari, abarangije icyiciro cyโamashuri yisumbuye nโayโubumenyingiro bashobora guhura nโibibazo byโubushomeri, kutihaza mu bukungu, ndetse nโihungabana mu buzima bwo mu mutwe. Uyu mwiherero wateguwe kugira ngo ibyo byose biganirweho, kandi muhabwe ubumenyi bukwiye bubafasha kunyura neza muri iki gihe.โ
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wโIntara yโAmajyaruguru, Ngendahimana Pascal, we yabibukije ko ibiganiro bahabwa ari ishoramari rikomeye mu buzima bwabo, abasaba kubikurikira neza no kubigiramo uruhare.
Umushinga โTubarere Nezaโ watangiye mu 2009 kandi umaze gufasha abana basaga ibihumbi 51,100 kubona amahirwe yo kwiga, no gufasha imiryango yabo kwiyubaka binyuze mu bikorwa byโiterambere. Ukorera mu turere umunani (8) two mu Ntara yโUburengerazuba nโiyโAmajyepfo.
17/03/2026
https://www.youtube.com/watch?v=hMW2csAArgA
How ECD Models Strengthen Home Based ECDs and Community Well Being Enjoy the videos and music that you love, upload original content and share it all with friends, family and the world on YouTube.
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the organization
Website
Address
Kigali
Opening Hours
| Monday | 07:00 - 17:00 |
| Tuesday | 07:00 - 17:00 |
| Wednesday | 07:00 - 17:00 |
| Thursday | 07:00 - 17:00 |
| Friday | 07:00 - 17:00 |